KUGERA KURE SIKO GUPFA EP13

 HIMa. And Issa Khan presents

KUGERAKURE SIKOGUPFA

.

EPISODE

15



Dukomeze: Itangazo ryarangiye mutesi na mama

we na anitha bikubise hasi barimo kurira cyane

amarira agahinda kenshi kuribo abaturanyi

bamaze kumva ibibaye bahise baza kureba kwa

mama anitha no kwa mama teta ngobababwire

ibibaye basanga……………

.

.

abaturanyi baje kubwira mama mutesi ibibaye

gusa batungurwa nuko basanze bose bikubise hasi

ntanumwe urimo kuvuga icyabaye bahise

bahamagara ambiranse ikubagahu muminota

micye yaribagezeho ubwo bajyana mama mutesi

anitha ndetse namutesi kwamuganga ubwo

babagejeje kwamuganga abaganga batangira

kubitaho batangira kubavura bose ubwo ahabereye

impanuka abantu bayobewe ibibaye ibyaribyo

bagiye kubona babona imodoka batazi iraje itwaye

imirambo ntabamenye ahantu irengeye ubwo

police nayo yahise ihagera ariko isanga imirambo

bayitwaye nkejo police yatangiye gushakashaka

imirambo ya papa mutesi na papa teta bashacyira

impande zose ariko babura imirambo biriwe

bashaka imirambo banarara bayishaka ariko

barayibura police yibaza abantu bashimuse

iyomirambo ariko birayiyobera abaturanyi ba papa

teta na papa mutesi nabo baribahangayitse cyane

umutima wabo ubabaye bafite impungenge ndetse

nagahinda kukuntu imiryango ibuze abayo izabaho

ari mama mutesi ntakazi yarafite ari

abakobwabe ntakazi baribafite uwarufite akazi ni

papa mutesi none arapfuye turebyenokwa teta bose

ntakazi baribafite baribabayeho neza kubera papa

teta kandi ntanubwo bakoraga saving abaturage

bibajije icyobakora kugirango imiryango yababuze

abayo itazabaho nabi ariko babiburira umwanzuro

kubera urusaku abaturage bari bafite ubakuriye

kubera ukuntu yarincuti ya Jack kandi anamutinya

akaba yarinumukozi wa jack na Iranzi yahise

ababwira ati abapfuye bapfuye kdi baburiwe

irengero rero ntampamvu yogufasha imiryango

itanagiye gushyingura byiburango tubafashe

kubatwagura isanduku ndetse nibindi ahubwo

icyonababwira mutahe abajya gusura mama mutesi

ndetse nabakobwabe mubitaro mugende mubasure

naba sura mama teta na teta mujye kubasura kuko

ubutuvugana ntanumwe urimo guhumeka

aharibose birashobokako nabobashobora

kujyamukaga avuze ukonguko abaturage bose

agahinda karabica cyane ati ubukoko tubareke

bapfe

.

.

Tugaruke ahangaha mama mutesi mubitaro

mubitaro bakomeje kwitakuri mutesi anitha ndetse

na mama wabo ariko biba ibyubusa ntihagira

numwe woroherwa ubwo ntanumurwaza numwe

baribafite abaganga baravuganye ati turebye nabi

ababantu badupfiraho abantu batanubose bagize

ikibazo cyihahamuka abaganga bakoresheje

imbaraga zabozose ukozingana ariko biba ibyubusa

ntibacyira abaganga bakomeje kwibaza ibyabaye

kurabobantu ariko birabayobera bakibaza ukuntu

abantu bagera kuri batanu bagiyegupfira rimwe

birabayobera bakongera bakibaza ukuntu abantu

bagera kuri batanu baburira rimwe abarwaza

mugihe bakirimo kwibaza ibyobibazo byose bagiye

kubona babona haje umusore umwe mwiza cyane

batabashije kumenya uwariwe babona aje

ahongaho natwe All Love story All Love Story ntago

twamumenye ubwo uwomusore yaraje arababaza

ati mwanyereka aho anitha na mutesi ndetse

nabandi bari abaganga baramubereka arangije

asoma anitha kugahanga aravuga ati Mana

mbabarira anitha mutesi teta ndetse nababyeyi

babo ntibagire icyobaba ubwo abaganga

baramubajije ati niwowe uje kubarwaza

arabasubiza ati hoya njye ngira akazikenshi cyane

katatuma mbona umwanya wokubanaguma

ahangaha ngombagumeho ariko……

abaganga baramubaza ati uje kumara icyi

ahangaha niba utaje kubarwaza uwomusore

icyoyahise akora yakozemumufuka akuramo

amafaranga menshi cyane arababwira ati

mwacyire ayamafaranga azavamo byose mujye

mubagaburira ibiryo byaha mubahe buricyimwe

ndetse nimiti izavamo ndabizi kdi nibitavamo

nzagaruka vuba ubwo yahise abasezera icyabaye

abaganga bahise bamufotora amafoto barayabika

basigara noneho bita kuriba mutesi na bandi ariko

abaganga baribafite ubwobako nibacyira bazahita

bongera bakajya koma kuberako batazabona

imirambo yababo kumunsi wagatanu nibwo

uwambere yatangiye kuvuga yarimutesi yatangiye

abaza muganga ati mama.. peter arihehe papa

arihehe abaganga birabayobera bibaza ikintu

bamusubiza ariko baracyibura umuganga yahise

amubaza ngo peter ninde mutesi arabasubiza ati ni

cher wanjye abaganga baramubwira ngo

araha…..ariko mutesi ahita ababwira ati muga

byibavuna ubunibutse ibyabaye kuri peter na papa

mutesi arongera arababaza ngo imirambo ya papa

niya papa teta irihehe muganga amubwiza ukuri

amubwirako imirambo yabo itigeze iboneka police

yayishatse ikayibura avuze ukonguko mutesi

atangira kurira ariko abaganga baramuhoza ubwo

ninako teta nawe yahise agarura ubwenge

anatangira kuvuga nabandi bose birangira

bagarutse ibumuntu ariko agahunda namarira

byaribyinshikuribo barimo kubwira muganga ngo

abereke aho imirambo yababyeyi babo iherereye

muganga yirinze kubabeshyako ababyeyi babo

babashyinguye yababwije

ukuri ubwomuganga yarakomeje abitaho ariko

baramubaza ati muga kurimo kutuvura

unabyishimiye ubutuzakurahe amafaranga yibitaro

muganga arababwirango byose byararangiye

abereka amafoto yumusore wabishyuriye

ababwirako baziranye bitegereje ifoto yuwomusore

ariko ntago bigezebamwibuka gusa babonaga

basankaho harahantu bamuzi ariko sibahibuka

bitegereza ukuntu uwomusore yasomye anitha…..

batecyereza mubanyeshuri biganyemuri kaminuza

ariko bakabona ntanumwe usankuwomusore

.

.

Tugaruke ahangaha inama kwa jack yarateranye

Jack na iranzi babwira abakozi babo ati

murabibona ngabo zanjye tumajije kwigarurira

ubutunzi bwabantu benshi baramwicyiriza ati ego

ego ego boss nawe arababwira ati murebe

burimuntu imodoka agendamo bose bati

harakabaho jack na iranzi arakomeza ati murabona

amazu mwubacyiye abagore banyu nabana nabo

bati turabibona Jack arakomeza ati ndagirango

mbagaye mwese bose bagwamukantu ariko

kazunguwe yararimo guhecyenya amenyo ubwo

jack arakomeza arababwira ati kazungu…

ningabo zawemwajyanye kwibutseko kazungu ari

Karori wahinduye izina kugirango jack na iranzi

batazamumenya ubwo arakomeza ati kazungu

wowe ningabo zawe ndabagaye kbsa mission

twabahaye yarabananiye arababwira ati nubwo

hashize ukwezi bibaye mutagirango narabyibagiwe

ubwo nabahaga mission yokwica papa teta na papa

mutesi mwarabishye ariko ndashaka

munsobanurire aho imirambo yabo yagiye kazungu

agira ubwoba ati noneho boss ndamusobanurira

icyi ariko wabonaga kazungu asankaho arimo

kwimwenyuzamo ukuntu arakomeza ati babatwaye

imirambo yabo murebahehe kazungu arisobanura

ariko boss arababwira ati mumeze nkingabo

zisinziriye mubona murya mukaryama

mukabamumazu meza mukagirango ntago biba

byamvunnye arababwira ati ububibaye imyaka

ingahe…? mushaka poul na peter mwarababuze

abandi baraceceka arababwira ati njye Jack

ndategetse muminsi micyembone mwazanye

ahangaha poul na peter arababwira ati murabona

ntarimo gusaza baramubwira ati nibyo boss

arababwira ati nkeneye umugore

mwanzekomubona kuneza none ubungiye

kumubona kunabi arababwira ati ndashaka mutesi

ndashaka mutesi baramubwirango biragoye

kumubona arababwira ati mugende mumuzane

kunabi kdi munazane teta clauch aramushaka

ubuntago akiryama ntago akirya arababaye arara

avuga teta amajije kuba nkumusazi Iranzi

arababwirango nanjye ndashaka anitha mugomba

kubazana ari batatu ahangaha bavuze ukonguko

kazungu….

kuritwe ubwo ni karori araseka ariko

ntiyaberekako asetse kumutima ati anitha nuwanjye

nubwo yabenze poul ndabizi nezako aruwanjye

ibyomwivugishango anitha mutesi teta ngo

murabashaka ibyo nakazi kanyu gusanziko

mutazababona kdi anitha we nuwanjye niwe

mukobwa tungana nubwo andutaho gato ariko

nimwiza ubwo Jack ahita ababwira ati kazungu

niwe uzabayobora muribyose

ubwo ahitakomeza arababwirango mbereyuko

mukora ibyobyose ndashakako tuzabanza

gushimuta amamodoka yabo ndetse nibintu bifite

agaciro byose batunze ubwo baramusubizango

nikobimeze ahita ababwirango nimugoroba

muribujye kubashimuta kdi musige munateze

ibisasu munzu yabo uburyo anitha mutesi nibanga

kuza kubana natwe tuzabituritsa bakava kwisi

yabazima

.

.

ntago byatinze mugicuku bahise bajya gushimuta

kwa mutesi barabashimuta uburyo ntakintu

ntagikoresho nakimwe gifite agaciro babasigiye

basize bateze ibisasu munzu kugirango

bazayituritse igihe mutesi anitha bazaba banze

kuza kubana nabo ibintu byose babijyanye aho

bashyiraga ibyobashimuse byose Kazungu kuko

yarazi ahoba mutesi baherereye yahise afata

esanse atwika inzu yaba mutesi kugirango

batazapfiramo inzu yarahiye yose yikubita hasi

ntihagira itafari rigeretse kurindi risigara boss

wabo jack amenyeko inzu yaba mutesi bayitwitse

amarira atangira kubamenshi kuriwe ati ubumbuze

mutsi mutesi arapfiye koko Jack amarira atangira

gutonyanga agahinda karamwica atangira kubwira

abakozibe ati munshakire abantu batwitse iriyanzu

yabamutesi ariko bamubwirako nabo byabayobeye

ubwo ninako iranzi nawe yararimo kurira

agahinda kabishe naho kazunguwe arimo guseka

Jack yahise ababwira ati ubungubu ntambabazi

tuzongera kugira tugomba kwica burumwe

wabangamira company yacu kuko nanjye

uwonakundaga baramwishe

Twigarukire ahangaha poul abwira peter ati

muvandi inka zonnye uyumunsi noneho ubanza

baratwirenza reba ukuntu ibigori byabandi

zendaga kubimaraho poul aramubwira ati zana

inka ahangaha ubundi tuganire inka arazizana

barangije baricara baraganira poul abwira peter

ati muvandi umwaka urenga urashize

turabashumba reba nawe ntago tucyoga dusigaye

dusanabi turya nabi gusa nuko tubona amata

nahubundi tuba twenda gupfa peter aramusubiza

ati boss yavuzeko ntamata tuzongera kubona poul

aramusubiza ati ubuzima turimo ntago aribwo

twagakwiye kubamo reba nawe twarangije kwiga

kaminuza dufite perime nako barazitwibye poul

ahita arira ati winyibutsa ibyo Jack yadukoreye

ibyo Iranzi yadukoreye byose gusa Imana

izababarire peter ahita amubwira ati ubu

abakobwa twakundaga nabo badukunda

barabadutwaye poul ati ubukoko wakongera

kuvugana na mutesi usa ukunguku peter ahita

abwira poul ati jyakuzana inka dore zigiye kona

poul yagiye yirukanka peter agiye kubona abona

umuntu yikubise hasi poul avuza induru ati

ndapfuye weee icyirenge peter aza yirukanka

cyane ajekureba icyibaye kuri poul amugeze

imbere amubonye peter amarira ahita amanuka

mumaso arimenshi cyane ati poul niwowe ubaye

………

.

.

.

.Poul abayicyi gitumye peter arira

.mama anitha nabanabe nibasanga inzuyabo

bayitwitse barabyifatamo gute

.Imirambo ya papa mutesi na papa teta yaburiwe

irengero


KUGERA KURE SIKO GUPFA EP14 coming.....,

Writer: Issa Khan

Al Rights reserved

Comments

Unknown said…
Hari ibintu byinshi wasimbutse kbx. Muri ep 12 yarangiye paul na peter basanze inzu yabo bayihinduye, none ep 13 itangiye abantu bapfuye. Harimo confusion. Gsa iyi nkuru ni sawa cyane
FelixHabibi said…
Ooh sry reka tubikurikirane turebe

OUR POPULARS

WHO FILED THE CRIME CASE FOR RWANDA INSPECTION BACKUP'S CEO!? Prince Kid

DID YOU KNOW!? IT’S A SIMPLE WORD, BUT SO DIFFICULT TO SPEAK/SAY

2 THINGS YOU MUST KNOW, NO MATTER WHAT!

Are You Able To Define And Explain Humanity As You Understand It!!

The ntaco stories production: URUKUNDO RUGANZA IKIBI, INTANGIRIRO YOSHYANO PART 12

HAVE YOU GOT TO KNOW THE SECRET BEHIND MONEY!!? HERE IT IS.

URUKUNDO ESE NIRYARI WAMENYA KO UKUNDU UMUNTU BY'UKURI!!?

Here are 5 Secret Smart ways if you want to reach on Something