KUGERA KURE SIKO GUPFA EP13
HIMa. And Issa Khan presents
KUGERAKURE SIKOGUPFA
.
EPISODE
15
Dukomeze: Itangazo ryarangiye mutesi na mama
we na anitha bikubise hasi barimo kurira cyane
amarira agahinda kenshi kuribo abaturanyi
bamaze kumva ibibaye bahise baza kureba kwa
mama anitha no kwa mama teta ngobababwire
ibibaye basanga……………
.
.
abaturanyi baje kubwira mama mutesi ibibaye
gusa batungurwa nuko basanze bose bikubise hasi
ntanumwe urimo kuvuga icyabaye bahise
bahamagara ambiranse ikubagahu muminota
micye yaribagezeho ubwo bajyana mama mutesi
anitha ndetse namutesi kwamuganga ubwo
babagejeje kwamuganga abaganga batangira
kubitaho batangira kubavura bose ubwo ahabereye
impanuka abantu bayobewe ibibaye ibyaribyo
bagiye kubona babona imodoka batazi iraje itwaye
imirambo ntabamenye ahantu irengeye ubwo
police nayo yahise ihagera ariko isanga imirambo
bayitwaye nkejo police yatangiye gushakashaka
imirambo ya papa mutesi na papa teta bashacyira
impande zose ariko babura imirambo biriwe
bashaka imirambo banarara bayishaka ariko
barayibura police yibaza abantu bashimuse
iyomirambo ariko birayiyobera abaturanyi ba papa
teta na papa mutesi nabo baribahangayitse cyane
umutima wabo ubabaye bafite impungenge ndetse
nagahinda kukuntu imiryango ibuze abayo izabaho
ari mama mutesi ntakazi yarafite ari
abakobwabe ntakazi baribafite uwarufite akazi ni
papa mutesi none arapfuye turebyenokwa teta bose
ntakazi baribafite baribabayeho neza kubera papa
teta kandi ntanubwo bakoraga saving abaturage
bibajije icyobakora kugirango imiryango yababuze
abayo itazabaho nabi ariko babiburira umwanzuro
kubera urusaku abaturage bari bafite ubakuriye
kubera ukuntu yarincuti ya Jack kandi anamutinya
akaba yarinumukozi wa jack na Iranzi yahise
ababwira ati abapfuye bapfuye kdi baburiwe
irengero rero ntampamvu yogufasha imiryango
itanagiye gushyingura byiburango tubafashe
kubatwagura isanduku ndetse nibindi ahubwo
icyonababwira mutahe abajya gusura mama mutesi
ndetse nabakobwabe mubitaro mugende mubasure
naba sura mama teta na teta mujye kubasura kuko
ubutuvugana ntanumwe urimo guhumeka
aharibose birashobokako nabobashobora
kujyamukaga avuze ukonguko abaturage bose
agahinda karabica cyane ati ubukoko tubareke
bapfe
.
.
Tugaruke ahangaha mama mutesi mubitaro
mubitaro bakomeje kwitakuri mutesi anitha ndetse
na mama wabo ariko biba ibyubusa ntihagira
numwe woroherwa ubwo ntanumurwaza numwe
baribafite abaganga baravuganye ati turebye nabi
ababantu badupfiraho abantu batanubose bagize
ikibazo cyihahamuka abaganga bakoresheje
imbaraga zabozose ukozingana ariko biba ibyubusa
ntibacyira abaganga bakomeje kwibaza ibyabaye
kurabobantu ariko birabayobera bakibaza ukuntu
abantu bagera kuri batanu bagiyegupfira rimwe
birabayobera bakongera bakibaza ukuntu abantu
bagera kuri batanu baburira rimwe abarwaza
mugihe bakirimo kwibaza ibyobibazo byose bagiye
kubona babona haje umusore umwe mwiza cyane
batabashije kumenya uwariwe babona aje
ahongaho natwe All Love story All Love Story ntago
twamumenye ubwo uwomusore yaraje arababaza
ati mwanyereka aho anitha na mutesi ndetse
nabandi bari abaganga baramubereka arangije
asoma anitha kugahanga aravuga ati Mana
mbabarira anitha mutesi teta ndetse nababyeyi
babo ntibagire icyobaba ubwo abaganga
baramubajije ati niwowe uje kubarwaza
arabasubiza ati hoya njye ngira akazikenshi cyane
katatuma mbona umwanya wokubanaguma
ahangaha ngombagumeho ariko……
abaganga baramubaza ati uje kumara icyi
ahangaha niba utaje kubarwaza uwomusore
icyoyahise akora yakozemumufuka akuramo
amafaranga menshi cyane arababwira ati
mwacyire ayamafaranga azavamo byose mujye
mubagaburira ibiryo byaha mubahe buricyimwe
ndetse nimiti izavamo ndabizi kdi nibitavamo
nzagaruka vuba ubwo yahise abasezera icyabaye
abaganga bahise bamufotora amafoto barayabika
basigara noneho bita kuriba mutesi na bandi ariko
abaganga baribafite ubwobako nibacyira bazahita
bongera bakajya koma kuberako batazabona
imirambo yababo kumunsi wagatanu nibwo
uwambere yatangiye kuvuga yarimutesi yatangiye
abaza muganga ati mama.. peter arihehe papa
arihehe abaganga birabayobera bibaza ikintu
bamusubiza ariko baracyibura umuganga yahise
amubaza ngo peter ninde mutesi arabasubiza ati ni
cher wanjye abaganga baramubwira ngo
araha…..ariko mutesi ahita ababwira ati muga
byibavuna ubunibutse ibyabaye kuri peter na papa
mutesi arongera arababaza ngo imirambo ya papa
niya papa teta irihehe muganga amubwiza ukuri
amubwirako imirambo yabo itigeze iboneka police
yayishatse ikayibura avuze ukonguko mutesi
atangira kurira ariko abaganga baramuhoza ubwo
ninako teta nawe yahise agarura ubwenge
anatangira kuvuga nabandi bose birangira
bagarutse ibumuntu ariko agahunda namarira
byaribyinshikuribo barimo kubwira muganga ngo
abereke aho imirambo yababyeyi babo iherereye
muganga yirinze kubabeshyako ababyeyi babo
babashyinguye yababwije
ukuri ubwomuganga yarakomeje abitaho ariko
baramubaza ati muga kurimo kutuvura
unabyishimiye ubutuzakurahe amafaranga yibitaro
muganga arababwirango byose byararangiye
abereka amafoto yumusore wabishyuriye
ababwirako baziranye bitegereje ifoto yuwomusore
ariko ntago bigezebamwibuka gusa babonaga
basankaho harahantu bamuzi ariko sibahibuka
bitegereza ukuntu uwomusore yasomye anitha…..
batecyereza mubanyeshuri biganyemuri kaminuza
ariko bakabona ntanumwe usankuwomusore
.
.
Tugaruke ahangaha inama kwa jack yarateranye
Jack na iranzi babwira abakozi babo ati
murabibona ngabo zanjye tumajije kwigarurira
ubutunzi bwabantu benshi baramwicyiriza ati ego
ego ego boss nawe arababwira ati murebe
burimuntu imodoka agendamo bose bati
harakabaho jack na iranzi arakomeza ati murabona
amazu mwubacyiye abagore banyu nabana nabo
bati turabibona Jack arakomeza ati ndagirango
mbagaye mwese bose bagwamukantu ariko
kazunguwe yararimo guhecyenya amenyo ubwo
jack arakomeza arababwira ati kazungu…
ningabo zawemwajyanye kwibutseko kazungu ari
Karori wahinduye izina kugirango jack na iranzi
batazamumenya ubwo arakomeza ati kazungu
wowe ningabo zawe ndabagaye kbsa mission
twabahaye yarabananiye arababwira ati nubwo
hashize ukwezi bibaye mutagirango narabyibagiwe
ubwo nabahaga mission yokwica papa teta na papa
mutesi mwarabishye ariko ndashaka
munsobanurire aho imirambo yabo yagiye kazungu
agira ubwoba ati noneho boss ndamusobanurira
icyi ariko wabonaga kazungu asankaho arimo
kwimwenyuzamo ukuntu arakomeza ati babatwaye
imirambo yabo murebahehe kazungu arisobanura
ariko boss arababwira ati mumeze nkingabo
zisinziriye mubona murya mukaryama
mukabamumazu meza mukagirango ntago biba
byamvunnye arababwira ati ububibaye imyaka
ingahe…? mushaka poul na peter mwarababuze
abandi baraceceka arababwira ati njye Jack
ndategetse muminsi micyembone mwazanye
ahangaha poul na peter arababwira ati murabona
ntarimo gusaza baramubwira ati nibyo boss
arababwira ati nkeneye umugore
mwanzekomubona kuneza none ubungiye
kumubona kunabi arababwira ati ndashaka mutesi
ndashaka mutesi baramubwirango biragoye
kumubona arababwira ati mugende mumuzane
kunabi kdi munazane teta clauch aramushaka
ubuntago akiryama ntago akirya arababaye arara
avuga teta amajije kuba nkumusazi Iranzi
arababwirango nanjye ndashaka anitha mugomba
kubazana ari batatu ahangaha bavuze ukonguko
kazungu….
kuritwe ubwo ni karori araseka ariko
ntiyaberekako asetse kumutima ati anitha nuwanjye
nubwo yabenze poul ndabizi nezako aruwanjye
ibyomwivugishango anitha mutesi teta ngo
murabashaka ibyo nakazi kanyu gusanziko
mutazababona kdi anitha we nuwanjye niwe
mukobwa tungana nubwo andutaho gato ariko
nimwiza ubwo Jack ahita ababwira ati kazungu
niwe uzabayobora muribyose
ubwo ahitakomeza arababwirango mbereyuko
mukora ibyobyose ndashakako tuzabanza
gushimuta amamodoka yabo ndetse nibintu bifite
agaciro byose batunze ubwo baramusubizango
nikobimeze ahita ababwirango nimugoroba
muribujye kubashimuta kdi musige munateze
ibisasu munzu yabo uburyo anitha mutesi nibanga
kuza kubana natwe tuzabituritsa bakava kwisi
yabazima
.
.
ntago byatinze mugicuku bahise bajya gushimuta
kwa mutesi barabashimuta uburyo ntakintu
ntagikoresho nakimwe gifite agaciro babasigiye
basize bateze ibisasu munzu kugirango
bazayituritse igihe mutesi anitha bazaba banze
kuza kubana nabo ibintu byose babijyanye aho
bashyiraga ibyobashimuse byose Kazungu kuko
yarazi ahoba mutesi baherereye yahise afata
esanse atwika inzu yaba mutesi kugirango
batazapfiramo inzu yarahiye yose yikubita hasi
ntihagira itafari rigeretse kurindi risigara boss
wabo jack amenyeko inzu yaba mutesi bayitwitse
amarira atangira kubamenshi kuriwe ati ubumbuze
mutsi mutesi arapfiye koko Jack amarira atangira
gutonyanga agahinda karamwica atangira kubwira
abakozibe ati munshakire abantu batwitse iriyanzu
yabamutesi ariko bamubwirako nabo byabayobeye
ubwo ninako iranzi nawe yararimo kurira
agahinda kabishe naho kazunguwe arimo guseka
Jack yahise ababwira ati ubungubu ntambabazi
tuzongera kugira tugomba kwica burumwe
wabangamira company yacu kuko nanjye
uwonakundaga baramwishe
Twigarukire ahangaha poul abwira peter ati
muvandi inka zonnye uyumunsi noneho ubanza
baratwirenza reba ukuntu ibigori byabandi
zendaga kubimaraho poul aramubwira ati zana
inka ahangaha ubundi tuganire inka arazizana
barangije baricara baraganira poul abwira peter
ati muvandi umwaka urenga urashize
turabashumba reba nawe ntago tucyoga dusigaye
dusanabi turya nabi gusa nuko tubona amata
nahubundi tuba twenda gupfa peter aramusubiza
ati boss yavuzeko ntamata tuzongera kubona poul
aramusubiza ati ubuzima turimo ntago aribwo
twagakwiye kubamo reba nawe twarangije kwiga
kaminuza dufite perime nako barazitwibye poul
ahita arira ati winyibutsa ibyo Jack yadukoreye
ibyo Iranzi yadukoreye byose gusa Imana
izababarire peter ahita amubwira ati ubu
abakobwa twakundaga nabo badukunda
barabadutwaye poul ati ubukoko wakongera
kuvugana na mutesi usa ukunguku peter ahita
abwira poul ati jyakuzana inka dore zigiye kona
poul yagiye yirukanka peter agiye kubona abona
umuntu yikubise hasi poul avuza induru ati
ndapfuye weee icyirenge peter aza yirukanka
cyane ajekureba icyibaye kuri poul amugeze
imbere amubonye peter amarira ahita amanuka
mumaso arimenshi cyane ati poul niwowe ubaye
………
.
.
.
.Poul abayicyi gitumye peter arira
.mama anitha nabanabe nibasanga inzuyabo
bayitwitse barabyifatamo gute
.Imirambo ya papa mutesi na papa teta yaburiwe
irengero
KUGERA KURE SIKO GUPFA EP14 coming.....,
Writer: Issa Khan
Al Rights reserved
Comments